CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hifashishijwe ipiganwa ry’ibiciro “CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira yungu,amasosiyete y’ubucuruzi n’abantu ku giti cyabo,iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi ko ku wa kabiri taliki 12/08/2025 saa tanu z’amanywa (11h00) izagurisha mu cyamunara imitungo ikurikira:
Gusura iyo mitungo bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho iherereye KIMIRONKO ZINDIRO inyuma ya station SP munyubako y’abashinwa yitwa SMA muri etage ya mbere,ari naho cyamunara izabera. CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA:
- Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo.
- Uwitabiriye cyamunara asabwa kwishyura cash amafaranga 5,000RWF adasubizwa yo kwiyandikisha ku rutonde rw’abemerewe gupiganwa.
- Uwifuza kugura muri iyi cyamunara asabwa kwishyura ingawte y’ipiganwa akoresheje cash cg cheque izigamiye ya Miliyoni ebyiri (2,000,000RWF) mu mazina ya CYAMUNARA RWANDA LTD aherwaho mukwishyura.
- Uguze umutungo asabwa kwishura 30% y’agaciro yatsindiyeho ako kanya no kwishyura 70% asigaye bitarenze iminsi ibiri ikurikira umunsi wa cyamunara.
- Utsindiye umutungo ntiyishyure ikiguzi cyose mu gihe giteganyijwe cyavuzwe haruguru, ingwate ye irafatirwa ikazakoreshwa mu gutegura cyamunara yawo kandi agatakaza uburenganzira kuri uwo mutungo ugasubira ku isoko.
- Uguze umutungo asabwa kuwutwara bitarenze iminsi itatu ikurikira umunsi wa cyamunara atabyubahiriza agasabwa ibihumbi 10,000Rwf ya buri munsi w’uburinzi kuri buri LOT.
- Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze
AMAFOTO
Ukeneye ibindi bisobanuro hamagara 0787334130 cg 0788822147

