Itangazo rya Cyamunara y’Imodoka:Toyota Coaster 12

CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hakoreshejwe ipiganwa ry’ibiciro “CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira inyungu,amasosiyete y’ubucuruzi n’abantu ku giti cyabo,iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi ko kuwa kabiri taliki 18/11/2025 saa tanu z’amanywa izagurisha mu cyamunara imitungo ikurikira:

1.   Imodoka TOYOTA COASTER 12

Gusura izo modoka bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho ziherereye mu mujyi wa Kigali mu kigo ALARM BUSINESS CENTER i Kagugu ari naho cyamuanara izabera.

CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA:

  • Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo.
  • Uwifuza kugura ibinyabiziga muri iyi cyamunara asabwa kwishyura cash amafaranga ibihumbi bitanu 5,000 RWF yo kwiyandikisha ku rutonde n’ ingwate y’ipiganwa ya Miliyoni ebyiri (2,000,000RWF) aherwaho mukwishyura.
  • Uguze ikinyabiziga asabwa kwishyura30% y’ikiguzi ako kanya ndetse na 70% asigaye bitarenze iminsi ibiri ikurikira umunsi wa cyamunara.
  • Utsindiye ikinyabiziga ntiyishyure ikiguzi cyose, ingwate ndetse na 30% arafatirwa akazakoreshwa mu gutegura indi cyamunara kandi agatakaza uburenganzira kuri icyo kinyabiziga kigasubira ku isoko.
    • Uguze ikinyabiziga asabwa kugitwara bitarenze iminsi 2 amaze kucyishyura atabyunbahiriza agasabwa kwishyura amafaranga 10,000 RWF y’uburinzi buri munsi w’ubukererwe.
    • Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze.

Ukeneye ibindi bisobanuro hamagara 0787334130 cg 0788822147

AMAFOTO

2

Attachment

Scroll to Top