Itangazo rya Cyamunara Muri ENGIE ENERGY Access Rwanda ( yahoze ari Mobisol )

CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hakoreshejwe ipiganwa ry’ibiciro “CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira inyungu,amasosiyete y’ubucuruzi n’abantu ku giti cyabo,ibiherewe ububasha na sosiyete ENGIE ENERGY ACCESS RWANDA yahoze yitwa MOBISOL iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi  ko kuwa mbere  taliki 10/11/2025 saa tanu z’amanywaizagurisha mu  cyamunara imitungo ikurikira:

NOIGIKORESHOINGANO
1Kontineri 40 feet4
2Imirasire(paneau solaire)5000
3Ibindi

Gusura iyo mitungo bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho iherereye  mu mujyi wa Kigali I gahanga muri zone industriel aho ENGIE ENERGY ACCESS RWANDA ikorera hamwe na HCR haruguru ya Master steel iruhande rwa AMACO PAINTS ari naho cyamanara izabera.

CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA:

  • Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo.
  • Uwifuza kugura muri iyi cyamunara asabwa kwishyura cash amafaranga ibihumbi bitanu 5,000 RWF yo kwiyandikisha ku rutonde n’ ingwate y’ipiganwa  ya  Miliyoni imwe  (1,000,000RWF) aherwaho mukwishyura.
  • Uguze ibigize Lot asabwa kwishyura ikiguzi cyose 100% ako kanya no gutwara ibyo yaguze bitarenze umunsi ukurikira uwa cyamunara atabyubahiriza agasabwa kwishyura amafaranga 10,000 RWF y’uburinzi buri munsi w’ubukererwe.
  • Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze.

Ukeneye ibindi bisobanuro hamagara 0787334130 cg 0788822147

AMAFOTO

cyamunara mobisol (2)

Attachment

Scroll to Top