ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMODOKA ZA CARS IN AFRICA

CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hakoreshejwe ipiganwa ry’ibiciro “CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira inyungu,amasosiyete y’ubucuruzi n’abantu ku giti cyabo,ibiherewe uburenganzira na sosiyete CARS IN AFRICA Limited, iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi ko ku wa kabiri taliki 18/11/2025 saa tanu z’amanywa (11h00”) izagurisha mu cyamunara imitungo ikurikira:

Lot NoVEHICLE TYPEPLATE NOYEAR OF MANUFACTURE
1TOYOTA RAV4RAG 661 Y2014
2HYUNDAI SANTAFERAF 147 Z2018

Gusura iyo mitungo bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho aherereye mu kigo ALARM BUSINESS CENTER I Kagugu imbere yo kwa Padiri.

CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA:

  • Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo.
  • Uwitabiriye  cyamunara  asabwa  kwishyura  cash  amafaranga  5,000RWF

adasubizwa yo kwiyandikisha ku rutonde rw’abemerewe gupiganwa.

  • Uwifuza kugura muri iyi cyamunara asabwa kwishyura cash ingwate y’ipiganwa ya Miliyoni ebyiri (2,000,000RWF) aherwaho mukwishyura.
  • Uguze umutungo asabwa kwishura 30% y’agaciro yatsindiyeho ako kanya no kwishyura 70% asigaye bitarenze iminsi ibiri ikurikira umunsi wa cyamunara.
  • Utsindiye umutungo ntiyishyure ikiguzi cyose, ingwate ye irafatirwa ikazakoreshwa mu gutegura cyamunara yawo kandi agatakaza uburenganzira kuri uwo mitungo ugasubira ku isoko
  • Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze

Ukeneye ibindi bisobanuro Abariza kuri Tel: 0787334130/0788822147

AMAFOTO

1000198190

Attachment

Scroll to Top