Itangazo Rya Cyamunara

MIC Building 

KN2 AV Kigali, Rwanda 

www.prime.rw 

T: 0788 195200 &1320

E: info@prime.rw

 ITANGAZO RYA CYAMUNARA

Ikigo cy’ubwishingizi PRIME INSURANCE Ltd kiramenyesha abantu bose ko cyifuza kugurisha mu cyamunara izi modoka zikurikira:

MARKYOMPLATEOWNERAUCTION TIME
MITSUBISHI PAJERO2017RAD187PPRIME INSURANCE LTD9:00
VOLKSWAGEN T-CROSS2021RAF769PPRIME INSURANCE LTD9:30
VOLKSWAGEN T-CROSS2021RAF771PPRIME INSURANCE LTD9:30
VOLKSWAGEN AMAROK PICK-UP2019RAF949IPRIME INSURANCE LTD10:00
VOLKSWAGEN POLO2018RAG331DPRIME INSURANCE LTD10:30
TOYOTA LAND CRUISER V82017RAE756VPRIME INSURANCE LTD11:00


Amabwiriza ya cyamunara:

  • Gusura ibinyabiziga bizakorwa kuva kuwa 20/02/2026 guhera saa tatu za mugitondo kugeza saa kumi, aho biherereye kugeza kuwa Gatanu tariki ya 04/03/2026 ku cyicaro gikuru cya Prime Insurance Ltd (MIC Building )
    Kubindi bisobanuro wahamagara 0780441564 ibaruye kuri Gilbert.
  • Kwiyandikisha ku rutonde rw’abazitabira cyamunara bisaba kwishyura amafaranga angana na 1,000,000 Frw, ayo mafaranga asubizwa gusa igihe utatsindiye ikinyabiziga.
  • Ikinyabiziga kigurishwa uko kimeze (as it is).
  • Igiciro cyemejwe kizaba gikubiyemo umusoro wa 18%.

Utsindiye ikinyabiziga ahita yishyura 10% by’igiciro uwo munsi, kuri konti za PRIME INSURANCE LTD.

Ayo mafaranga ntasubizwa uwatsindiye ikinyabiziga arengeje iminsi ibiri (2) y akazi atishyuye amafaranga yose, ikinyabiziga gishobora kugurishwa undi.

  • Ikinyabiziga gitwarwa ari uko amafaranga yose amaze kwishyurwa.
  • Uguze ahabwa igihe kitarenze ukwezi kumwe (1) kugira ngo abe yamaze kwandikwahoikinyabiziga yaguze mu mazina ye.

Cyamunara izakorwa kuwa Gatanu tariki ya 06/03/2026 guhera saa tatu za mu gitondo, buri kinyabiziga kikagurishirizwa aho giherereye.(muri parking itwikiriye ya Mic Building)

Bikorewe i Kigali, ku wa 19/02/2026


UMUYOBOZI MUKURU
PRIME INSURANCE LTD

logo 1319633845

Attachment

Scroll to Top